News

Radio Rwanda is a public Radio channel owned by Rwanda Broadcasting Agency and broadcasting in Kinyarwanda, French, English and Kiswahili. It has branches countrywide known as Comunity Radios such as ...
Minisitiri w’Ububanyi n’amahanga w’u Rwanda Amb. Olivier Nduhungirehe, yavuze ko ayo masezerano azashingira ahanini ku ...
Kuri uyu wa Gatanu, u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo basinye amasezerano y’amahoro yateguwe na Leta Zunze ...
Bamwe mu baturage bo mu Karere ka Rubavu by'umwihariko abo mu bice by’icyaro beretse Abasenateri ko bigoye kubona ibicanwa bitangiza ibidukikije kuko ubushobozi bwabo butabemerera kubyigondera. Aba ...
U Rwanda rwitabiriye Imurikagurisha Mpuzamahanga ry'Ubukungu n'Ubucuruzi rihuza Afurika n'u Bushinwa, riri kubera mu Mujyi wa Shangsha [Shangsha International Exhibition Center], mu Ntara ya Hunan.
Abatuye mu bice bitandukanye by'Umurenge wa Rangiro ufatwa nk'uw'icyaro cyane mu Karere ka Nyamasheke, bishimira ko batangiye kwegerezwa umuriro w’amashanyarazi ndetse ukaba uri kubafasha guhanga ...
Inteko Ishinga yemeje itegeko rigena ingengo y'imari ya leta y'umwaka wa 2025/2026, rikaba ritegerejwe gusohoka mu igazeti ya leta igatangira gukoreshwa. Ni ingengo y’imari ibarirwa agaciro ka ...
Urwego rw’Igihugu rw’Iterambere (RDB) rugiye gushyiraho urubuga rumwe rwihariye, ruzajya rutangirwaho serivise z’abashoramari n’abacuruzi, hejuru yi 50% izi serivise zikajya zitangwa hifashishijwe ...
Minisitiri w'Ubutegetsi bw'Igihugu, Dr Patrice Mugenzi, yasabye abanyamadini n’amatorero kugendera kure ibikorwa by'ivangura, ahubwo bagakomeza kwimakaza gahunda z’ubumwe n’ubwiyunge. Ni ubutumwa ...
Abahinzi b’imboga n’imbuto barenga ibihumbi 30 barishimira kuba basigaye bahinga bizeye isoko, ibi kandi bikaba byarazamuye imibereho myiza yabo. Babitangaje ubwo Umuryango TearFund wabafashije, ...
Minisitiri w’Intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu, yashimye ibitero Amerika yagabye ku bikorwa bya Nucléaire bya Irani, mu gihe Perezida Trump we yemeje ko ibikorwaremezo byose bya nikeleyeri muri ...
Abahanzi barimo Kendrick Lamar, Chris Brown, SZA, Ayra Starr, bari mu begukanye ibihembo muri ‘BET Awards 2025’ mu gihe Snoop Dogg yagaragaye mu bahawe igihembo cyihariye. Mu ijoro ryo ku wa Mbere, ...